Duhe ibitekerezo

Urashaka gutanga ibitekerezo?twandikire kuri iranzinone@yahoo.fr/iranzinejo@gmail.com



Murakoze

lundi 24 janvier 2011

Nzagukundira amafaranga !!!!!

Akenshi iyo umuntu arebye urukundo rw’abasore ni nkumi biki gihe ubona ari amacenga ndetse no kubeshyanya hagati yabo umuntu yakwibaza ati: hagati yabo babibona gute?
Iki kibazo nta muntu byibura umaze kuba ingimbi cyangwa se umuntu umaze gukura wenda uri hejuru yi myaka nka cumi numunani uba atagifite muri iki gihe.cyane cyane ko usi gaye ubona ku icyambere m'urukundo kuri ubu ari gukunda umuntu ufite amafaranga cyane cyane m’ubahungu iki kibazo nibo usanga bahura nacyo cyane dore ko atakundwa ntamafaranga afite.mubakobwa ho ubu baragikemuye bo nugukunda ufite amafaranga. Niyo mpamvu ubu inzira.com agera geje kwegera aba kobwa bo ntandaro y'ikibazo ndoreko aribo batuma urukundo hagati y'abasore ni nkumi ubona ari imikino gusa kandi Atari byiza dore ko baba bahemukira umwe muribo waba afite urukundo.
Dore uko abakobwa babivuga bo bavugako batakunda umusore utagira amafaranga kuko ntakamaro yaba amufitiye bamwe bati : eehh umusore utagira amafaranga ubwose yaba akumariye iki? Abandi nabo bati: umusore nufite amafaranga! Ubwose mwabana he? Anteye inda se yantugishiki n'umwana ? nko mugihe yaba udafite amafaranga.ugasa harimo ukuri kuribo urebeye kuri iyi ngingo. gusa ibajije ati ko hari igihe umukobwa usanga atendetse abasore barenga babiri bose bafite amafaranga aho haba harimo se uruhe rukundo? Bamwe nuribo bati natwe si twese tubikora gusa harimo bamwe muri twe babikora ati abobo baba bashaka kurya amafaranga y’abasore.
Nyuma yaho inzira.com yegereye abahungu bo bavugako ikihishe inyuma ari uko nabo ntarukundo babona abakobwa babereka ubibye gushaka kubaheza ndetse no kubarira amafaranga yabo.

inzira.com irasanga atari byiza gukundira umuntu hari icyo umuca koko hari nigihe ushobora kubura icyo wamukundiye .dore ko arizo ngaruka zingo zitana. abakobwa bahera iwabo nibindi byinshi..

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire