Duhe ibitekerezo

Urashaka gutanga ibitekerezo?twandikire kuri iranzinone@yahoo.fr/iranzinejo@gmail.com



Murakoze

dimanche 24 juillet 2011

Ese inshuti zishobora kugwa mu “mutego” wo gukundana?

Iki kibazo ushobora kukibazaho cyane ukurikije ibyakubayeho, ibyo ugenda ubona mu buzima bwawe bwa buri munsi. Ariko uteze amatwi indirimbo D’Amour ou d’Amitie y’umuririmbyikazi w’umunyakanada Celine Dion ushobora kurushaho kubyibaza.

Reka nkureke uyisome, mbashije kuyibona mu ndimi ebyiri :Icyongereza n’Igifaransa ariko turagerageza kugenda tuyigarukaho no mu Kinyarwanda kugira ngo twese turusheho kuyisobanukirwa.

“Il pense a moi, je le vois je le sens je le sais

Et son sourire me ment pas quand il vient me chercher

Il aime bien me parler des choses qu’il a vues

Du chemin qu’il a fait et de tous ses projets

He thinks of me, I see it I feel it I know it

And his smile doesn’t lie when he comes to pick me up

He likes to talk to me about the things he saw

About the progress he made and of all his projects

Je crois pourtant qu’il est seul et qu’il voit d’autres filles

Je ne sais pas ce qu’elles veulent ni les phrases qu’il dit

Je ne sais pas ou je suis quelque part dans sa vie

Si je compte aujourd’hui plus qu’une autre pour lui

I believe however that he’s alone and that he hangs out with other girls

I don’t know what they want nor the sentences he says

I don’t know where I am somewhere in his life

If I count more than the others for him today

Il est si pres de moi pourtant je ne sais pas comment l’aimer

Lui seul peut decider qu’on se parle d’amour ou d’amitie

Moi je l’aime et je peux lui offrir ma vie

Meme s’il ne veut pas de ma vie

He is so close to me yet I don’t know how to love him

Only him can decide if we talk about love or about friendship

I love him and I want to offer him my life

Even if he doesn’t want my life

Je rêve de ses bras oui mais je ne sais pas comment l’aimer

Il a l’air d’hesiter entre une histoire d’amour ou d’amitie

Et je suis comme une ile en plein ocean

On dirait que mon coeur est trop grand

I dream of his arms but I don’t know how to love him

He seems to hesitate between a love story or a friendship story

And I’m like an island in the middle of the ocean

It seems my heart is too big


Rien a lui dire il sait bien que j’ai tout a donner

Rien qu’a sourire a l’attendre a vouloir le gagner

Mais qu’elles sont tristes les nuits le temps me parait long

Et je n’ai pas appris a me passer de lui

Nothing to tell him he knows well that I have all to give

Only to smile waiting for him wanting to have him

But they’re sad those nights and the time seems long

And I hadn’t learn to live without him

Il est si pres de moi pourtant je ne sais pas comment l’aimer

Lui seul peut decider qu’on se parle d’amour ou d’amitie

Moi je l’aime et je peux lui offrir ma vie

Meme s’il ne veut pas de ma vie

He is so close to me yet I don’t know how to love him

Only him can decide if we talk about love or about friendship

I love him and I want to offer him my life

Even if he doesn’t want my life

Je rêve de ses bras oui mais je ne sais pas comment l’aimer

Il a l’air d’hesiter entre une histoire d’amour ou d’amitie

Et je suis comme une ile en plein ocean

On dirait que mon coeur est trop grand

I dream of his arms but I don’t know how to love him

He seems to hesitate between a love story or a friendship story

And I’m like an island in the middle of the ocean

It seems my heart is too big”

Mwisomeye ku babasha kumva izo ndimi ebyiri, harabanza amagambo y’igifaransa hagakurikiraho ubusobanuro bwayo mu cyongereza. Naho kubatabashije kubyumva neza ni inkuru y’umukobwa wari ufite inshuti ye magara ariko kandi akumva hejuru y’urwo ‘rukundo’ rwa kivandimwe (ubwo bucuti) bafitanye byarushaho kuba byiza hiyongereyeho n’urundi rudasanzwe, uru rutuma wifuza ko mwabana akaramata, mwabishobora mukabyarana, mugasazana,...

Ati: “Ari hafi yanjye ariko sinzi uko nakora ngo mwereke urukundo, we wenyine ni we ushobora gufata icyemezo ko tuganira urukundo cyangwa ubucuti. Njye ndamukunda kandi nshaka kumuharira ubuzima bwanjye n’ubwo we mbona atabishaka”

Ese inshuti nyanshuti (best friends/ meilleurs amis) bashobora gukundana uru rukundo?

Ibi ntabwo tubivugaho byinshi cyane cyane ko byaba byiza cyane abakunzi ndeste n’abasomyi www.twimenye.blogspot.com, bafashe umwanya bagasubiza iki kibazo bagasa n’abagitanzeho ubuhamya ku bibabaho mu buzima bwabo bwa buri munsi, kubyo babona kuri bagenzi babo,...

Naho ubundi hano hari abakunzi b’Igitondo bagiye bagira icyo babivugaho ubwo namwe muze kutubwira:

Guy: “Njyewe rwose ndahamya cyane ko ibi bishoboka kuko nari mfite umukobwa w’inshuti yanjye twamenyanye kuva muri primaire, ubu narangije Kaminuza umwaka ushize, gusa byageze aho birananira ndabimubwira, mbabazwa n’uko atabyakiriye neza kuko yagiye anyicaho gahoro gahoro nshiduka byararangiye Bibaho ariko akenshi abakobwa ntibabikunda!”

Marthe: “Nanjye nziko iki kintu kibaho, ariko kenshi usanga buri wese agira ubwoba bwo kubwira undi icyo amutekerezaho bikarangira bamugutwaye. Ko bibabaza ra??!!!”

Ngabo: “Njyewe ntekereza ko binabaye mwaba mutatiriye igihango kuko urukundo rw’aba meilleurs amis ntabwo rugera aho,... ubwo icyo gihe muba mwarengereye”

Murabyumva rero uko abantu batandukanye babibona, ese wowe ubibona ute?
iyi nkuru tuyikesha igitondo.com

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire